Mu butumwa yagejeje ku bitabiriye ibirori byo kwizihiza #Kwibohora32 mu Murenge wa Mugunga, Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Rt. Hon. Mukantaganzwa Domitilla, yashimangiye ko ubufatanye bw’Inzego z’Umutekano n’abaturage bukomeje kuba umusingi w’iterambere n’imibereho myiza
The Official Twitter Account of the Northern Province, Government of Rwanda I Intara y'Amajyaruguru.

