Kuri iki gucamunsi, mu tugari tugize imirenge ya Bugesera, hari kubera inteko z'abaturage zibanze ku mutekano, gukagurira abaturage gutanga Mituweli, kwita ku banyeshuri bari mu biruhuko n'ibindi.
Vice Mayor @YImanishimwe yifatanyije n'abaturage b'Akagari ka Kabukuba @SectorJuru.
Muri iki gitondo, Umuyobozi wโAkarere @MutabaziRich yakoranye inama nโabakozi bโAkarere igamije kuganira ku mihigo yโumwaka wa 2026-2027 no gufatira hamwe ingamba nshya zo kuzayesa.
Yabibukije kandi kugira ubufatanye mu gukangurira abaturage gutanga umusanzu wa Mituweli.
Kuri uyu wa Kabiri, abanyeshuri 12,294 bo mu Karere ka Bugesera batangiye ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza 2025โ2026, bikorerwa kuri site 44 z'ibizamini.
Visi Meya @YImanishimwe, yabitangirije kuri GS Kamabare muri @NyarugengeBuges,abifuriza kubitsinda no kwitwara neza.
Perezida Paul Kagame ati "Mwibatuka ahubwo mujye mubereka ibyakozwe!" - Kimwe mu byakozwe ni umuhanda Ngoma - Bugesera - Nyanza. Uyu muhanda ni ingirakamaro cyane ku iterambere ry'abaturage bashimira HE @PaulKagame wawubemereye. Mayor Mutabazi arawuvugaho
@BugeseraDistr
Yesterday
Over 250 young people gained valuable knowledge, practical skills, and fresh inspiration to lead, innovate, and build a better future.
Together with our partners, MSPO remains committed to empowering youth. @jnabdallah@FirstLadyRwanda@harerimana_tito@MutabaziRich
Abaturage bโUmurenge wa Gashora mu Karere ka Bugesera bishimiye ko bagiye kujya bakira serivisi ku biro byโumurenge bishya batashye ku mugaragaro ku munsi wo Kwibohora ku nshuro ya 32, bikaba ari ibiro byavuguruwe ku bufatanye bwโAkarere nโabaturage bโuyu murenge, byuzura bitwaye
Kuri iki Cyumweru, ku bufatanye na @NESA_Rwanda, Visi Meya Ushinzwe Imibereho Myiza yโAbaturage, @YImanishimwe, yayoboye inama igamije gusobanurira abashinzwe uburezi nโabashinzwe site zizakorerwaho ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza (#P6) 2025โ2026, amabwiriza abigenga.